Ubuhamya

Gukuna

Search This Blog

Uko Umwana w'Umukobwa Ashobora Gusama Atarabona Imihango ye ya mbere


Amafoto y'Igituba | Video so Guswera

Umwana w’umukobwa ashobora gusama atarabona imihango na rimwe, ibi bikaba bimeze nk’uko umugore wabyaye, akaba atarakurira umwana (ni ukuvuga atarongera kubona imihango na rimwe kuva yabyara), nawe ashobora kongera agasama kandi imihango itaragaruka.

Ubundi umwana w’umukobwa avukana intanga nyinshi mu mubiri we, zisaga ibihumbi 400. Hanyuma uko agenda akura, ngo ajya kugera ku bwangavu zaragabanyutse cyane. Uti rero ubwangavu butangira bute? Ahangaha, ubwonko bumaze kubona ko umukobwa yakuze, butegeka ko havuburwa imisemburo ituma azagira ibimenyetso byinshi bya kigore.

Iyo misemburo niyo izatuma atangira kumera amabere, atangire kubyibuha amabuno, agire mu maso ha gikobwa n’ibindi. Imwe muri iyi misemburo ni nayo izatuma za ntanga umukobwa yavukanye zitangira kujya zikura zikarekurwa. Umukobwa ubusanzwe arekura intanga imwe buri kwezi ikuze, ariko kandi hari n’igihe aba ashobora kurekura n’ebyiri.

Iyo yarekuye intanga ebyiri zombi zigahura n’intanga ngabo, ubu ni uburyo bumwe buba bubayeho mu buryo bushobora gutuma havuka abana b’impanga. Buri kwezi, kugirango intanga y’umukobwa igere ku bukure butuma irekurwa ngo nihura n’intanga ngabo nayo ikuze bizatange umwana, iyi ntanga ibanza guca mu bice byinshi.

Ubundi ubusanzwe mu ntangiriro, umukobwa akivuka, za ntanga ngore zigera ku bihumbi 400 avukana ziba zitwa ovocytes. Iyo atangiye ubwangavu rero, atangiye kujya abona imihango, buri kwezi ngo hakura ovocytes zirenga mu icumi, ariko buri gihe imwe cyangwa ebyiri akaba arizo zibasha kugera ku bukure, nibwo zifata izina rya ovules. Noneho iyo ovule ikarekurwa.

Iyo irekuwe igahura n’intangangabo ngo bikore umwana, nibwo bihinduka igi, cyangwa se oeuf. Ya ovule rero yarekuwe igasanga umukobwa nta mibonano mpuzabitsina yakoze ngo habeho igi rizavamo umwana, icyo gihe iba ifite ubushobozi bwo kubaho iminsi itatu gusa. Itabona intanga rero, igapfa. Iyo ipfuye, hashira iminsi hafi 11, maze rero ibyari byiremye byiteguye kuzarera umwana, bikaba birashaje maze nabyo bigasohoka. Ubwo umwangavu akaba abonye imihango ye ya mbere.

Buri kwezi bigenda bityo rero, hanyuma za ovocytes umukobwa yatangiranye mu bwangavu, zazashira akaba aracuze. Kugirango uyu mwangavu asame iyi mihango ye ya mbere atarayibona rero, ni uko cya gihe nakubwiye ya ntanga ye ya mbere yakuze maze ikarekurwa, wa mwangavu ahita akora imibonano mpuzabitsina idakingiye atazi ko yatangiye kuba mukuru!

Hanyuma ya ntanga yarekurwa igahita ihura n’intangangabo yamaze kugera mu myanyamyibarukiro ye, noneho bya bindi byari byaremwe mu mura byitegura kuzarera umwana, ubwo umwana wo kurera bikaba biramubonye, bigahita bikomeza bikamurera aho kugirango bimubure bipfe bisohoke bimuhe imihango ye ya mbere. Ni ukonguko bigenda.

Ni nako rero wa mubyeyi wabyaye bimugendekera, iyo amaze kubyara ntahita yongera ngo abone imihango. Intanga ze ziba ziretse kongera gukura, umubiri we ukabanza ukisuganya. Iyo rero igihe kigeze zigatangira kongera gukura, iya mbere yakuze ikarekurwa agahita akora imibonano mpuzabitsina itarapfa, nibwo rero nawe ahita asama, noneho ibyari byiteguye kurera umwana bikaba bibonye umwana birera bigahamaho, ntibizigere bisohoka nk’imihango akaba arongeye aratwite.

Shyiraho Igitekerezo!

Related Posts by Categories



0 comments:

Post a Comment

Shyiraho igitekerezo cyawe!