Ubuhamya

Gukuna

Search This Blog

Yakuyemo Imyenda Yose Kubera Gusakwa


Amafoto y'Igituba | Video so Guswera


Umugabo witwa John Brennan, w’imyaka 50, wo muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, yigaragambije yiyambika ubusa mu rwego rwo kwamagana zo gucunga umutekano ku kibuga cy’indege cya Portland muri Leta ya Orgon.

Nyuma y’uko asatswe mu byuma no gukabakabwa n’abashinze umutekano, uyu mugabo yagaragaje ko atishimiye ko nyuma yo gusakwa n’abakozi ba TSA, urwego rwa Amerika rushinzwe umutekano mu ngendo, yabwiwe ko afite ibikoresho biturika, nk’uko ikinyamakuru Le Matin dukesha iyi nkuru kibivuga.

Yaje guhita abisha, yuza uburakari nuko ahita yiyambika ubusa ngo agaragaze ko yanze gusuzugurwa muri uku gusakwa ku kibuga cy’indege cya Amerika, nk’uko we abivuga. Ibi bikaba byaranamutesheje gukomeza urugendo rwe rwajyaga San Jose muri Calfornia, aho yagombaga kujya ku kazi.

Uku kwiyambika ubusa kwe kwahise kunamufungisha anasabwa kubanza gusobanura ku mpamvu zo kwica umutekano rusange no kwerekana imyanya ndangabitsina ku mugaragaro.

Si ubwa mbere uyu John Brennan, uvuga ko yari ari kurwana ku burenganzira bwe ahabwa n’Itegeko Nshinga, yambaye ubusa mu ruhame kuko CNN ivuga ko yanagaragaye mu rugendo rw’amagare mu Mujyi wa Portland.



Shyiraho Igitekerezo!

Related Posts by Categories



0 comments:

Post a Comment

Shyiraho igitekerezo cyawe!